Mu Mirenge ya Mamba, Gikonko na Musha habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
ri uyu wa 27/04/2026, mu Karere ka Gisagara habaye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Mirenge ya Mamba, Gikonko na Musha. I Gikonko, hashyinguwe mu cyubahiro umubiri w'inzirakarengane wazize jenoside yakorewe Abatutsi wabonetse.
Kuri site ya Mamba, Umushyitsi mukuru yari Hon. Dep. Amb. Hope Tumukunde Gasatura ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere Jerome Rutaburingoga, Abayobozi b'inzego z'umutekano ku rwego rw'Akarere, Perezida wa Ibuka ku rwego rw'Akarere, abayobozi batandukanye mu bice bitandukanye baje gufatanya n'abaturage ba Mamba mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe Abatutsi.
Umuyobozi w'Akarere yasabye abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi kwiyungamo imbaraga, bagakora cyane bakiyubaka, bakiteza imbere, bagakora ahabo n'ah'abishwe, ntibazazime.

Hon Dep Amb. Hope Tumukunde Gasatura wari umushyitsi mukuru yibukije ko Kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano ya buri munyarwanda wese! Yagize ati: "Ubu Abanyarwanda bahisemo ibintu 3 bikomeye: kuba umwe, kubazwa inshingano no kureba kure mu buryo bwagutse.
Yasabye abantu bose kwirinda ingangabitekerezo ya jenoside, by'umwihariko Urubyiruko kwirinda ikoreshwa ry'imbuga nkoranyambaga zikwirakwiza iyo ngengabitekerezo, kuko Ubumwe bw'abanyarwanda ni amahitamo yacu, ni bwo buzima bwacu.

Kuri Site ya Gikonko, umushyitsi mukuru yari VM ED ari kumwe n'UmunyamabanganNshingwabikorwa w'Akarere ka Nyamagabe, naho kuri site ya Musha umushyitsi mukuru yari Hon. Dep. Sarah Kayitesi ari kumwe VP w'Inama Njyanama y'Akarere Laurette Mushimimiyimana, warinuhagarariye Akarere, abayabozi batandukanye baturutse hirya no hino mu gihugu baje kwifatanya n'abaturage ba Musha mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Hose, Igikorwa cyo kwibuka cyashojwe no gushyira indabo ku mva. Mu rwibutso rwa Mamba haruhukiyemo imibiri igera kuri 30,205, mu rwibutso rwa Gikonko haruhukiyemo imibiri 27,616, naho mu rwibutso rwa Musha haruhukiyemo imibiri 2,623.
Twibuke Twiyubaka.




More News
Zigama CSS set to start issuing international Visa Cards
Kigali, 30 November 2018

Zigama Credit and Savings Society (Zigama CSS) has embarked on a project that will allow it to issue Visa cards, a…
RDF Chief of Defence Staff receives Congolese Armed Forces delegation
Kigali, 27 November 2018
A delegation of six Senior Officials from the Congolese Armed Forces on November 27, paid a courtesy call on the Rwanda…
Maj Gen Muganga assumes office as the new Reserve Force Chief of Staff
Kigali, 21 November 2018

The outgoing Reserve Force Chief of Staff (RFCOS) Gen Fred Ibingira has officially handed over office to his successor…
RDF Press release – SPKSP/A/01/53/18
Kigali, 20 November 2018
The President and Commander-in-Chief of the Rwanda Defence Force has appointed Maj Gen Aloys MUGANGA as Ag Reserve Force…
Rwanda Peace Academy (RPA) hosts Peace Support Operations Logistics Course
Musanze, 19 November 2018
A “Peace Support Operations (PSO) Logistics Course” started today Monday, 19 November 2018 at the Rwanda Peace Academy…
EAC Field Training Exercise winds up
16 November 2018
The field training exercise featuring National Defence Forces from the East African Community (EAC) partner states concluded in…
Rwandan security forces in Tanzania for disaster management training
09 November 2018

A contingent of 217 personnel including Rwanda Defence Force, Rwanda National Police and Civilians led by Brig Gen JB…
RDF launches blood donation campaign
Kigali, 9 November 2018
Rwanda Defence Force and the National Centre for Blood Transfusion on Friday kicked off a blood donation drive in all…
RDF trained to prevent use of child soldiers
Musanze, 29 October 2018

Rwanda Peace Academy (RPA), in collaboration with the Romeo Dallaire Child Soldiers Initiative have launched a Training of…
Rwanda Defence Force to send 150 for EAC military exercise in Tanzania
Kigali, 29 October 2018
A contingent of 150 personnel from Rwanda Defence Force (RDF), led by Lt Col Eugene Rutayisire will on Wednesday 31 October…