IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi laid to rest
Kigali, 16 March 2023
Today, General (Rtd) Marcel Gatsinzi was laid to rest at Kanombe Military Cemetery.
The condolence message from H.E…
STUDENTS FROM KENYA DEFENCE FORCES JOINT COMMAND AND STAFF COLLEGE VISIT RWANDA
Kigali, 14 March 2023
A delegation of students, faculty and staff from Kenya Defence Forces Joint Command and Staff College was received today by the…
RDF mourns Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi
Kigali, 08 March 2023
The Rwanda Defence Force is deeply saddened by the untimely death of Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi. He passed away on 06 March 2023…
RWANDA SECURITY FORCES IN MOZAMBIQUE HANDOVER THE FISH MARKET CONSTRUCTED IN MOCIMBOA DA PRAIA CITY
Cabo Delgado, 7 March 2023
Today, the Rwandan Security Forces in Mozambique officially handed over a Fish Market in Mocimboa da Praia city to the…
RDF CDS attends the annual Conference of African Chiefs of Defence hosted by the United States Africa Command in Italy
Rome, 3 March 2023
The Rwanda Defence Force Chief of Defence Staff (CDS), Gen J Bosco Kazura, accompanied by the Head of International Military…
DRC Soldier Fires at RDF in Rwanda's Rubavu District
REF: RDF/MPR/A/10/02/23
Kigali, 3 March 2023
Today at around 17h35 a soldier of the DR Congo army (FARDC) crossed over from DRC and shot at RDF…
RWANDA HOSTS THE FINAL PLANNING CONFERENCE FOR THE EAC ARMED FORCES COMMAND POST EXERCISE USHIRIKIANO IMARA 2023
Musanze, 1 March 2023
Today, delegates from the Armed Forces of East African Community (EAC) partner States started a three-day final planning…
RWANDAN PEACEKEEPERS IN SOUTH SUDAN DECORATED WITH UN SERVICE MEDALS
Malakal, 28 February 2023
Rwandan Peace keepers (Rwanbatt2) under United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) were today decorated with UN service…
APR Volley Ball Club Women celebrates 5 trophies as achievement for last season
Kigali, 25 February 2023
Yesterday, APR Volley Ball Club Women and friends celebrated the last season (2022-2023) achievements including 5 trophies…
Special Representative of the Secretary General in Central African Republic and Head of MINUSCA along with CAR Prime Minister visit Rwandan peacekeepers and local residents in SAM OUANDJA District, CAR.
24 February 2023
Today, the Special Representative of the Secretary-General (SRSG) in Central African Republic and Head of MINUSCA, Ms Valentine…