IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
RWANDA SECURITY FORCE IN MOCĂŤMBOA DA PRAIA JOINS RESIDENTS IN COMMUNITY WORK
Cabo Delgado, 8 November 2025
Today, the Rwanda Security Forces (RSF) deployed in Mozambique’s northern province of Cabo Delgado joined local…
RDF PRESS RELEASE: RWANDA TO HOST THE 19TH AFRICAN CONFERENCE OF COMMANDANTS OF AFRICAN COMMAND AND STAFF COLLEGES
REF: RDF/DPA/A/13/08/25
Kigali, 7 November 2025
The Republic of Rwanda will host the 19th African Conference of Commandants (ACoC) from 10 to 12…
THE CHIEF OF DEFENCE FORCES OF KENYA DELIVERS A LECTURE TO SENIOR OFFICERS AT RDF COMMAND AND STAFF COLLEGE
Musanze, 06 November 2025
The Chief of Defence Forces of the Kenya Defence Forces (CDF-KDF), General Charles Muriu Kahariri, today visited the Rwanda…
THE CHIEF OF CIVIL-MILITARY COOPERATION IN THE RWANDA DEFENCE FORCE URGES THE HEADS OF BASIC EDUCATION SCHOOLS TO PROMOTE RWANDA’S HISTORY AMONG THE YOUTH
Burera, 5 November 2025
The Chief of Civil–Military Cooperation in the Rwanda Defence Force (RDF), Colonel Désiré Migambi Mungamba, today addressed…
THE CHIEF OF DEFENCE FORCES OF THE KENYA DEFENCE FORCES VISITS THE RWANDA DEFENCE FORCE
Kigali, 5 November 2025
The Chief of Defence Forces of the Kenya Defence Forces (CDF-KDF), General Charles Muriu KAHARIRI, is on a working visit to…
MOZAMBIQUE CHIEF OF GENERAL STAFF VISITS THE RWANDA SECURITY FORCES IN MOCĂŤMBOA DA PRAIA
Cabo Delgado, 30 October 2025
Today, the Chief of the General Staff of the Mozambican Armed Forces (CGS), General Júlio dos Santos Jane, accompanied…
RDF CHIEF OF CIVIL-MILITARY COOPERATION HIGHLIGHTS THE ROLE OF UNITY AND RESILIENCE IN BUILDING A STRONG AND UNITED RWANDA AT THE ANNUAL UNITY AND RESILIENCE FORUM IN GASABO
Kigali, 28 October 2025
Today, the Chief of Civil-Military Cooperation (Chief J9) in the Rwanda Defence Force, Colonel Désiré Migambi Mungamba,…
JUNIOR COMMAND AND STAFF COURSE GRADUATES IN MUSANZE DISTRICT
Musanze, 24 October 2025
Today, a total of 75 officers comprising 71 from the Rwanda Defence Force, two from the Rwanda National Police (RNP), and…
LAND FORCES COMMANDERS SYMPOSIUM CONCLUDES IN KIGALI
Kigali, 22 October 2025
The two-day Land Forces Commanders Symposium held in Kigali concluded with productive discussions aimed at inspiring African…
RWANDAN PEACEKEEPERS IN SOUTH SUDAN HONOURED WITH UNITED NATIONS MEDALS
Juba–Durupi, 22 October 2025
Rwandan peacekeepers, comprising Rwanbatt-3 and the Rwandan Aviation Unit (RAU-13), serving under the United Nations…