IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
634 NEW CENTRAL AFRICAN SOLDIERS TRAINED BY RDF GRADUATE
Bangui, 05 August 2024
Today, 634 new soldiers, including 55 females, were enrolled in the Central African Republic Armed Forces (FACA) after…
THE ARMY CHIEF OF STAFF RWANDA DEFENCE FORCE VISITS RWANDA PEACEKEEPERS IN CAR
Bangui, 4 August 2024
Today, the RDF Army Chief of Staff, Maj Gen Vincent NYAKARUNDI visited the Rwandan Peacekeepers operating in the Central…
RWANDAN PEACEKEEPERS CONDUCT COMMUNITY WORK IN SOUTH SUDAN AND DONATE SCHOLASTIC MATERIALS TO PUPILS
Juba, 19 July 2024
Rwandan peacekeepers (89 Mechanized Inf Battalion) under the United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) donated a variety of…
CAR PRESIDENT DECORATES RWANDAN PEACEKEEPERS WITH THE PRESIDENTIAL MEDAL OF APPRECIATION
Bangui, 16 July 2024
Today, Rwandan peacekeepers (RWABATT12), serving under the United Nations Multidimensional Integrated Stabilization Mission in…
THE RDF ARMY CHIEF OF STAFF VISITS RSF DEPLOYMENTS IN CABO DELGADO
From 11 to 12 July 2024, RDF Army Chief of Staff (ACOS) Maj Gen V Nyakarundi along with his counterpart, Maj Gen Alberto Diago Nampele the Army Comd…
RWANDA AIR FORCE PERSONNEL PASS OUT FIREFIGHTING COURSE
Gabiro, 12 July 2024
Today, twenty officers, men, and women from the Rwanda Air Force graduated from a firefighting course at Gabiro Air Force Base.
…RDF Spokesperson engages RICA students on preserving Rwanda’s progress
Bugesera, 8 July 2024
On behalf of the Chief of Defence Staff, the Defence and Military Spokesperson, Brig Gen Ronald Rwivanga, addressed the…
RWANDAN COMMUNITY AND PEACEKEEPERS IN SOUTH SUDAN CELEBRATE 30th ANNIVERSARY OF RWANDA’S LIBERATION
Juba, 6 July 2024
Today, Rwandan peacekeepers under the United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) and Rwandan Community in South Sudan, joined…
THE CHIEF OF DEFENCE STAFF OF THE SRI LANKA ARMED FORCES VISITS RDF HEADQUARTERS
Kigali, 5 July 2024
Today, the Chief of Defence Staff of the Sri Lanka Armed Forces, Gen Shavendra Silva along with his delegation visited the Rwanda…
RWANDAN PEACEKEEPERS IN BRIA CELEBRATE LIBERATION DAY
Bria, 4 July 2024
Today, Rwanda Peacekeepers (Battle Group VI and Rwanda level 2+ Hospital) under the United Nations Multidimensional Integrated…