IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
RWANDAN PEACEKEEPERS PROVIDE FREE MEDICAL CARE TO BOSSEMBELE DISTRICT RESIDENTS IN CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
CAR- Bossembele District, 12 March 2022
Rwandan peacekeepers (RWABATT9) serving under the United Nations Multidimensional Mission in Central African…
Rwanda Security Forces join Mozambicans to celebrate the 63rd Anniversary of Mocimboa da Praia – Cabo Delgado
On Monday 7 March 2022, Mocimboa Da Praia City marked its 63rd anniversary since its establishment. In a colorful event held at the city's public…
THE CHIEF OF STAFF OF THE QATAR ARMED FORCES ON OFFICIAL VISIT TO RWANDA
Kigali, 2 March 2022
The Chief of Staff of the Qatar Armed Forces, Lieutenant General (Pilot) Salem Bin Hamad Al Aqeel Al Nabit and his delegation…
RDF officers participate in African Union Staff Officers Course in Nairobi Kenya
28 February 2022
Rwanda Defence Force officers along with over 70 military officers from different countries including Angola, Botswana, Djibouti,…
The UN Under-Secretary General for peace operations commends Rwanda peacekeepers in Central African Republic
Bangui, 27 February 2022
The United Nations Under-Secretary General for peace operations, Ambassador Jean Pierre Lacroix, today visited Rwanda…
RDF SOLDIERS GRADUATE FROM THE BASIC MILITARY TRAINING CENTRE, NASHO
25 February 2022.
Today, 25 Feb 22, Rwanda Defence Force (RDF) graduated Basic Military Course at Basic Military Training Centre Nasho.
The course…
The RDF's Department of International Military Cooperation (IMC) hosts Defence Attaches accredited to Rwanda to a Quarterly Security Brief
25 February 2022
Yesterday, 24 Feb 22, the RDFs department of IMC hosted a Quarterly Security Brief of Defence Attaches accredited to Rwanda. The…
The Inspector General of Intelligence and State Security of Mozambique visits Rwanda Security Forces HQs in Mocimboa da Praia City
Saturday, 19th February 2022
A delegation headed by Reonardo Mathe, the Inspector General of Intelligence and State Security of Mozambique (IGISS)…
The Chiefs/ Directors of the health services of the EAC Partner States Armed Forces meet in Rwanda to discuss strategies to mitigate health threats
Kigali, 17 February 2022
The Chiefs/Directors of the health services of the EAC Partner States Armed Forces have convened in Kigali from 17th to…
Rwanda Security Forces (RSF) and Forças Armadas de Defensa de Moçambique (FADM) dismantle new terrorist hideouts
Cabo Delgado, 14 February 2022
The Joint Rwanda and Mozambique security Forces have captured new terrorist hideouts in Nhica do Ruvuma and…