IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
Regional Conference on ‘Rwanda’s Journey towards Sustainable Peace – 25 Years’ opens
Kigali, 19 September 2019
A regional conference entitled, “Rwanda’s Journey towards Sustainable Peace – 25 Years” has started in Kigali today. The 2…
Commandants of EAC Military Academies meet to review cooperation
Bugesera, 17 September 2019
Commandants of EAC Military Academies were today joined by their national Defence Liaison Officers to start a 3 days…
Malawi and Sri Lanka military delegations visit RDF as part of their study tour
Kigali, 3 September 2019
Two military delegations; one from Malawi Defence Force Headquarters and another from Sri Lanka Defence Services Command and…
Gen Kabarebe hails RDF Reservists for their commitment to serve Rwanda
Nyabihu, 2 September 2019
General James Kabarebe has commended the readiness of members of Rwanda Defence Force Reserve Force undertaking their…
RDF PRESS RELEASE - APPOINTMENTS AND CHANGES WITHIN RDF
REF: RDF/MPR/A/07/03/19
Kigali, 02 September 2019
H.E. THE PRESIDENT OF THE REPUBLIC AND COMMANDER IN CHIEF OF THE RDF HAS MADE THE FOLLOWING…
RDF Chief of Defence Staff closes Exercise Shared Accord 19
Gabiro, 28 August 2019
The Rwanda Defence Force Chief of Defence Staff (CDS) Gen Patrick Nyamvumba, together with Peter Vrooman, the US Ambassador to…
RDF wins two trophies at the EAC Military Games
Nairobi, 23 August 2019
Rwanda Defence Force Football and Basketball teams have today won two trophies in the just concluded East African Community…
Over 300 patients benefit from Exercise Shared Accord 19 at Rwanda Military Hospital
Kigali, 22 August 2019
The just concluded Medical Readiness Exercise (MEDREX) of the ongoing Exercise Shared Accord 19 provided medical care to 337…
The Zimbabwe Staff College Students on study tour in Rwanda
Kigali, 19 August 2019
A delegation of 28 senior military officers from the Zimbabwe Staff College has started a one-week study tour in Rwanda, from…
RDF, US Military launch ‘Exercise Shared Accord 19’
Gabiro, 14 August 2019
Rwanda Defence Force (RDF) in partnership with the United States Military have today launched a peacekeeping exercise…