IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
RDF pledges medical support as EASF takes over the African Union Standby Force
Nairobi, 20 June 2019
Rwanda Defence Force (RDF) has pledged to provide medical support for the Eastern African Standby Force (EASF) as the body…
RDF Peacekeepers share lessons learned
Kigali, 20 June 2019
Rwanda Defence Force (RDF), in partnership with the United States Institute of Peace and various other partners, is conducting a…
RDF trains South Sudanese, assists in community work
Malakal & Juba
Rwandan peacekeepers of Rwanbatt-2 (RDF 71 Infantry Battalion) serving under the United Mission South Sudan (UNMISS) in Malakal (North…
Senior officers from ten countries graduate at RDF Command and Staff College
Musanze, 7 June 2019
Forty-seven (47) Senior Officers from Rwanda Defence Force (RDF), Rwanda National Police and nine other allied Armed Forces from…
Gabiro Combat Training Centre students visit Genocide memorial site
Kigali, 1 June 2019
290 company course, platoon commanders’ and platoon sergeant course students from RDF Combat Training Centre in Gabiro this…
47 Senior Officers due to graduate from RDF Command and Staff College
Musanze, 31 May 2019
ACOS, Lt Gen Mupenzi awarding student Maj YU Gabarin from Nigeria.
Rwanda Defence Force Command and Staff College (RDFCSC) is…
120 RDF soldiers of First Division (1Div) complete Section Commanders’ course
Kigali, 31 May 2019
A total of 120 RDF soldiers made up of Sergeants, Corporals and Privates have today completed a three-months section…
EJVM experts honour Genocide victims
Kigali, 31 May 2019
In the afternoon of Friday 31 May, 22 experts from the Expanded Joint Verification Mechanism (EJVM) visited the Kigali Genocide…
UNMISS Force Commander Lt Gen Frank MUSHYO KAMANZI ends tour of duty
Juba, 27 May 2019
The Force Commander for the United Nation Mission in South Sudan (UNMISS) Lt Gen Frank Mushyo Kamanzi, has today bid farewell to…
