IBINYOMA BISHINJWA INGABO Z’U RWANDA ZIBUNGABUNGA AMAHORO MU GIHUGU CYA CENTRAL AFRICAN REPUBLIC
Inkuru yanditswe na Barbara Debout mu binyamakuru “The New Humanitarian na Le Monde” zirashinja ibinyoma ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Central African Republic, ibyo birego bikaba bivugwa ko ari ugufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu birego bitatu byavuzwe muri iyi nyandiko nta na kimwe cyabayeho:
- Ku bijyanye n’icyaha cyo gufata ku ngufu uwitwa "Jeanne", ucuruza imbuto n’imboga, nk’uko bivugwa muri iyo nyandiko ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umwe mu ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro mu birindiro byazo i Bangui mu mwaka wa 2023: Ibi ntibishoboka kuko abasivili batemerewe kwinjira mu birindiro by’ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Centre African Republic, keretse abiyandikishije cyangwa se bafite ibikorwa bizwi kandi byemewe bahakorera. Bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite.
- Ku kirego kijyanye no gufata ku ngufu "Grace, ufite imyaka 28", mu mujyi wa Paoua, mu majyaruguru y’igihugu: nta ngabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bw’Amahoro zigeze zoherezwa muri kariya gace, bityo rero iki kirego kikaba nta shingiro gifite
- Naho ku bijyanye no gufata ku ngufu “abagore babiri ahitwa Ndassima”, mu birometero 400 uvuye i Bangui, nta na rimwe ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ku bw’amasezerano y’ubufatanye y’ibihugu byombi, cyangwa se izibarizwa muri MINUSCA zigeze zoherezwa muri aka gace. Bityo rero ibyo byaha bashinjwa bikaba bitarigeze bibaho
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rishobora gukorerwa abaturage rikozwe n’abashinzwe kubungabunga amahoro ntirishobora kwihanganirwa, kandi Ingabo z'u Rwanda (RDF) ziha uburemere ibirego byose byashinjwa abasirikare bazo. Nk'uko byashimangiwe n'umwanditsi mu gutanga ubuhamya bw'abasivili bavuye mu byabo i Bria, ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryigeze kubaho, ryahagaze ari uko ingabo z'u Rwanda zoherejwe muri ako karere .
Ntawe ushobora gushidikanya ku iyubahirizwa ry'amategeko, izina ndetse n'imikorere ntakemangwa Ingabo z'u Rwanda zimaze kubaka
Mu gihe cy'imyaka 20, ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano w'abaturage zakoze akazi kazo mu budakemwa kandi zubaha abaturage baho, zishingiye ku mahame y'ibanze yo kurinda abasivili n’inshingano zo kubarinda (R2P). Ingabo z'u Rwanda zizakomeza gushyigikira amahoro n'ituze muri Central African Republic, ndetse, n'ahandi hose Ingabo z'u Rwanda zishinzwe kurinda umutekano zoherejwe
More News
Students from Kenya National Defence College visit Rwanda
Kigali, 7 December 2020
A delegation of students and faculty members from Kenya National Defence College is in Rwanda for a study tour from 4 to 11…
RDF investigates criminal allegations over Sergeant Major Kabera Robert
REF:RDF/MPR/A/07/11/20
Kigali, 23 November 2020
Rwanda Defence Force (RDF) Military Prosecution Department (MPD) has launched investigations into…
H.E. President Paul Kagame meets Officer Cadets
Gako, 29 October 2020
Today the President of the Republic of Rwanda and Commander-in-Chief of the Rwanda Defence Force (RDF) met with over 1000…
RDF rotates Aviation Unit under the UN mission in South Sudan
Kigali, 09 October 2020
Rwanda Defence Force (RDF) has started the Relief in Place Operation for its Aviation Unit deployed under the United Nations…
Regional Verification Mechanism (EJVM) starts investigations on Burundian Combatants captured in Rwanda
Nyaruguru, 05 October 2020
he Expanded Joint Verification Mechanisms (EJVM) on 5 October 2020, conducted investigation mission in Ruheru sector,…
RDF PRESS RELEASE ON BURUNDI COMBATANTS WHO CROSSED TO RWANDA
REF:RDF/MPR/A/07/10/20
Kigali, 03 October 2020
On 29 September 2020, nineteen (19) Burundian combatants who identified themselves as members of Red…
HE The President of the Republic of Rwanda and Commander-in-Chief of RDF donates 5760 iron sheets to vulnerable families in Rusizi
Rusizi-Bweyeye, 03 September 2020
H.E the President Paul Kagame and the Commander in Chief (C-in-C) of Rwanda Defence Force (RDF) has donated 5760…
Rwanda and Burundi Heads of Military Intelligence discuss security challenges along common border
Bugesera - Nemba, 26 August 2020
The Heads of Military Intelligence from Rwanda and Burundi met today at Nemba One stop border post to discuss issues…
Rwandan peacekeepers build guest house for HAUTE KOTTO Prefecture
Bria, 22 August 2020
Rwandan peacekeepers Battle Group II (RWA BGII) deployed under the United Nations Multidimensional Integrated Stabilisation…